
RWANDA: HABONETSE ABAFITE IBIMENYETSO BY'INDWARA NA VIRUSI YA MARBURG
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda MINISANTE, yashyizeho ingamba zo kwirinda no guhangana n’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya marburg.
Iri tangazo ryasohotse kuwa gatanu tariki ya 27, nzeri, 2024. rivuga ko bitewe n’uko mu bitaro bitandukanye byo mu Rwanda habonetse abarwayi bafite ibimenyetso by’indwara na virusi na Marburg hatangiye igikorwa cyo kumenya abagiye bahura n’abagaragaweho n’iyi virusi, mu ihe abarwayi bakomeje kwitabwaho n’abaganga.
Iri tangazo rikomeza rivuga ko hari gukorwa iperereza rigamije kumenya inkomoko y’iyi ndwara ndetse ubu hashyizweho ingamba zo kuyirinda no kuyikumira mu bitaro no mu bigo nderabuzima bitandukanye.

Ibirori byo kwizihiza imyaka 30 ishize u Rwanda Rwibohoye[/caption]
Ibirori byabereye muri Stade Amahoro ivuguruye[/caption]










