
Ni iki? Ni ryari? Ni gute umwana aganirizwa ku buzima bw'imyororokere?
Zimwe mu ngingo z’ingenzi uvugaho iyo uganira n’umwana ku mpinduka mu myanya myibarukiro ye.
Uvuga ku mpinduka zose zishoboka ari zo gupfundura amabere mu bakobwa no gukura kw’igitsina n’amabya mu bahungu. By’ingenzi cyane, kwiroteraho ntabwo ari ihame/itegeko mu bahungu, abahungu bamwe ntibijya bibabaho kandi rwose nta kibazo kirimo, rero umuhungu agomba kubimenya, mu gihe inshuti ze zirimo kuvuga ku byazibayeho, azaba atekanye niba we bitaramubaho. Kandi ibyo bituma umwana adatera ipfunwe abandi bana.



Ibirori byo kwizihiza imyaka 30 ishize u Rwanda Rwibohoye[/caption]
Ibirori byabereye muri Stade Amahoro ivuguruye[/caption]
Umugore atiriwe anabitekerezaho yumva ko umugabo ubasha kubona igice kinejeje mu buzima azaba mwiza ku buzima bwe no kubaho igihe kirekire, bityo akirinda abagabo batanezerewe cyangwa bamwe barakaye. Abagabo na bo bumva imbaraga ziri mu gusetsa, niyo mpamvu bahora bahanganye na bagenzi babo mu kuzana udukuru dusekeje. Bazi neza ko umusore usetsa abandi cyane ari wegukana imitima ya benshi muri ako kanya Kandi ko guseka bikurura igitsina gore.




