
Zimbabwe : Umuvugabutumwa Nelson Chamisa yanze kwemera ko yatsinzwe
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa zimbabwe, Nelson Chamisa, yatangaje ko ariwe watsinze amatora yo muri iki gihugu nyuma yo kutemera ibyangajwe na komisiyo y’amatora ya zimbabwe ko perezida emmerson mnangagwa yatsindiye manda ya kabiri ku butegetsi.
Mu kiganiro n’itangazamakuru, Chamisa yavuze ko Muri Zimbabwe Hagiye kuba impinduka, Ndetse ko Batazategereza imyaka itanu
[caption id=“attachment_866” align=“alignnone” width=“300”]
Nelson Chamisa umukandida perezida - Zimbabwe[/caption]
Chamisa yavuze ko Atemera Ibyavuye mu matora Kuko Ngo Nuburyo yakozwemo Bigaragaza ko Yabayemo Uburganya









