
kigali: Uko kuzigama no guhuza imbaraga byahinduye ubuzima bw’abaturage i Nduba
Kuri uyu wa Gatatu, mu Murenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, habereye ubusabane bwahuje abanyamuryango b’itsinda Umuhuza Smart Connect baturutse mu bice bitandukanye bya Kigali. Ni igikorwa cyitabiriwe n’ ubuyobozi bw’ Umurenge wa Nduba, ubuyobozi bw’ Akagari ka Gasanze, ndetse n’ abanyamuryango b’itsinda bo hirya no hino.
Muri uyu muhango, hagarutswe ku byagezweho mu mwaka wa 2025 ndetse hatangazwa n’aho bifuza kugera mu mwaka utaha wa 2026.





Ibirori byo kwizihiza imyaka 30 ishize u Rwanda Rwibohoye[/caption]
Ibirori byabereye muri Stade Amahoro ivuguruye[/caption]






