
Breaking: Telegram Channel "Premium Network" Accused of Massive Data Leak Involving User Personal Information

Breaking: Telegram Channel “Premium Network” Accused of Massive Data Leak Involving User Personal Information
By News Desk December 8, 2025
In a shocking development that has raised alarms over digital privacy, the popular Telegram channel “Premium Network” has been implicated in a large-scale data breach, allegedly leaking and exploiting sensitive personal information of thousands of users. The channel, owned and operated by Bisnu Ray, a self-proclaimed digital entrepreneur based in India, is under scrutiny from cybersecurity experts and privacy advocates who claim the platform has been mishandling user data for illicit purposes.





Umugore atiriwe anabitekerezaho yumva ko umugabo ubasha kubona igice kinejeje mu buzima azaba mwiza ku buzima bwe no kubaho igihe kirekire, bityo akirinda abagabo batanezerewe cyangwa bamwe barakaye. Abagabo na bo bumva imbaraga ziri mu gusetsa, niyo mpamvu bahora bahanganye na bagenzi babo mu kuzana udukuru dusekeje. Bazi neza ko umusore usetsa abandi cyane ari wegukana imitima ya benshi muri ako kanya Kandi ko guseka bikurura igitsina gore.




Ubwo umaze gusobanukirwa n’ibi, reka dusobanure ibijyanye no gusama. Muri iyi nkuru turifashisha urugero rw’umugore ufite ukwezi kw’iminsi 28 kudahinduka. Uyu mugore igi rye rizarekurwa ku munsi wa 14, ibi bivuze ko igihe uyu mugore atangiye imihango byitwa umunsi wa mbere, niba amaze iminsi 4 mu mihango, aba asigaje iminsi 10 mbere yo kurekurwa kw’igi.Ni ryari mugore ashobora gusama mu gihe akoze imibonano mpuzabitsina idakingiye? 1. Mu minsi itanu mbere yo kurekurwa kw’igi. Kubera iki? Kubera ko intanga ngabo twabonye ko ishobora kumara iminsi itanu ikiri nzima mu gitsina cy’umugore. Bivuze ko ukoze imibonano mpuzabitsina idakingiye muri iyo minsi, n’ubwo igi riba ritararekurwa, igihe rizarekurirwa rizasanga intanga zigitegereje. Niba twabonye ko uyu mugore azarekura igi ku munsi wa 14 uhereye igihe yatangiriye imihango, ashobora gusama uhereye ku munsi wa 10 kugeza ku wa 14.                                    Ikindi gihe umugore afite amahirwe menshi yo kusama ni igihe igi ryarekuwe kugeza mu masaha 24 rirekuwe. Kubera iki? Niba igi rirekuwe rigahita rihura n’intanga ngabo, hazahita babaho gusama. Hanyuma kubera iki amasaha 24 nyuma? Kubera ko rya gi riba rikiri rizima.Ni ryari umugore afite amahirwe macye yo gusama? 1. Ni nyuma y’amasaha 24 yo kurekurwa kw’igi kugeza abonye imihango. Bivuze ko ari iminsi 13 mbere y’imihango. Aha ni ku bagore bose hatitawe ku gihe ukwezi kwabo kumara, kubera ko iminsi iri hagati yo kurekurwa kw’igi no kubona imihango ingana ku bagore bose.2. Nyuma y’imihango: ku mugore ufite ukwezi kw’iminsi 28, aba afite amahirwe macye yo gusama uhereye igihe yatangiriye imihango kugeza iminsi itanu mbere y’uko igi rirekurwa, bivuze kuva ku munsi wa mbere kugeza ku munsi wa cyenda. Umugore ufite ukwezi kurekure agira iminsi myinshi mugihe umugore ufite ukwezi kugufi aba afite iminsi micye yo kudasama nyuma y’imihango ndetse biranashoboka ko umugore ashobora gusama mu gihe ari mu mihango niba ukwezi kwe kumara iminsi iri munsi ya 21. Iyi mibare ishobora kukujijisha ariko nusubiramo witonze uraza gusobanukirwa.Hari forumile ikoreshwa ariko ikunda kugora abantu kuko isaba gukurikirana ukwezi k’umugore mu gihe nibura cy’amezi atandatu (6) yikurikiranya.Gusa hari porogaramu (applications) zo muri telefone wakwiyambaza zikajya zikubarira, zikanakubwira niba uri mu gihe cy’uburumbuke cyangwa udafite amahirwe yo gusama, ndetse zikanakumenyesha igihe imihango yawe izazira. Izo porogaramu uzazisoma mu nkuru ikurikira.Icyitonderwa: Aya makuru ntabwo asimbura inama uhabwa na muganga, ni amakuru agamije ubumenyi gusa, uramutse ushaka uburyo bwo kuboneza urubyaro, kwirinda gusama n’ibindi bijyanye n’ubuzima bwawe bw’imyororokere wagana ivuriro rikwegereye cyangwa ukabaza muganga wawe.