Perezida Putin Yemeye Kuzatanga INGANO Muri Afurika mu Mezi ari Imbere

Perezida Putin Yemeye Kuzatanga INGANO Muri Afurika mu Mezi ari Imbere

Prezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa kane, yabwiye abategetsi b’ibihugu vya Afrika ko azobaha amatoni n’amatoni y’iNGANO mu mezi ari imbere, ngo naho ibihugu vyo mu burengero bw’isi vyafatiye ibihano igihugu ciwe.

Yatangaje ko ivyo bihano vyatumye bitorohera Uburusiya gushorera hanze ingano.

Mw’ijambo yashikirije abitavye inama igenewe imigenderanire hagati y’Uburusiya na Afrika iriko ibera mu gisagara ca St Petersburg, Prezida Putin yatangaje ko igihugu ciwe citeze umwimbu ukomeye cane w’intete muri uyu mwaka w’i 2023.

Perezida wa Ukraine afite umugambi wo kwimurira intambara mu Burusiya

Perezida wa Ukraine afite umugambi wo kwimurira intambara mu Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko intambara igihugu cye kimazemo igihe afite gahunda yo kuyimurira ku butaka bw’u Burusiya.

Mu ijambo yagejeje ku baturage ba Ukraine ku Cyumweru tariki 30 Nyakanga, yavuze ko “gake gake intambara u Burusiya bwatangije iri kugenda igana ku butaka bwabwo, cyane cyane ikazibasira ibice bifite icyo bivuze gikomeye kuri iki gihugu n’ibigo bya gisirikare.”

Yavuze ko ‘nta buryo buhari bwo kwirinda iyi gahunda yo kwimurira intambara ku butaka bw’u Burusiya, ashimangira ko Ukraine ikomeye.”

Seka Live yahuriyemo abanyarwenya umunani (Amafoto)

Seka Live yahuriyemo abanyarwenya umunani (Amafoto)

Byari ibitwenge gusa mu gitaramo cya Seka Live giherekeza ukwezi kwa Nyakanga 2023, cyahurije hamwe abanyarwenya umunani bakoze iyo bwabaga batanga ibyishimo ku Banyarwanda n’abanyamahanga bari bacyitabiriye.

Abanyarwenya bataramye muri iki gitaramo barimo, Arthur Nkusi, Dr Hilary Okello, Patrick Salvado, Rusine Patrick, Michaël Sengazi babimburiwe n’abanyarwenya batatu baturutse muri Gen-z Comedy barimo Obed Francis , Kadudu na Mugabo Allan Dudu.

Ni igitaramo cyabereye muri Camp Kigali mu ijoro ryo ku wa 30 Nyakanga 2023 cyaranzwe n’ibitwenge gusa kuva ku munota wa mbere kugeza kirangiye.

Ubufaransa Bwavuze ko Butazihanganira Uzabangamira Inyungu Zabwo muri Nijeri

Ubufaransa Bwavuze ko Butazihanganira Uzabangamira Inyungu Zabwo muri Nijeri

Leta y’Ubufaransa kuri iki cyumweru yatangaje ko itazihanganira ikintu cyose kizabangamira abaturage b’abwo cyangwa inyungu zabwo muri

Ibyo Ubufaransa bwabitangake mu gihe hanze y’Ambasade yabwo i Niamey mu murwa mukuru wa Nijeri hari uruhuri rw’abigaragambya bashyigikiye ubutegetsi bwa gisirikare bwagiyeho.

Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa byatangaje ko azahangana n’ikintu icyo ari cyo cyose kizakora mu jisho Ubufaransa n’inyungu zabwo. Mu buryo butaziguye itangazo ryavuye mu biro bye ryavuze ko Ubufaransa buzahangana n’uzagaba igitero ku badiplomate babwo, ingabo zabwo cyangwa ibikorwa by’ubucuruzi by’Abafaransa muri Nijeri.

U Rwanda rwifatanije n’Isi kwizihiza umunsi wo gutanga ibyemezo by'ubushobozi n’ubuziranenge ku bigo bitanga serivisi

U Rwanda rwifatanije n’Isi kwizihiza umunsi wo gutanga ibyemezo by'ubushobozi n’ubuziranenge ku bigo bitanga serivisi

Kuri uyu wa Gatanu ku ncuro ya mbere u Rwanda rwifatanije n’isi kwizihiza umunsi wo gutanga ibyemezo bihamya ubushobozi n’ubuziranenge mu mikorere ku bigo bitanga serivisi.

Bamwe mubatanga serivisi bagaragaza ko ibyo bakora iyo bifite ibirango mpuzamahanga by’ubuziranenge ibicuruzwa byabo birishaho gukundwa ku masoko yo mu gihugu ndetse no hanze.

Uyu munsi wizihijwe mu gihe leta ishyize imbaraga mu gukangurira ibigo bitandukanye cyane cyane ibitanga serivisi z’ubucuruzi kuzamura ubuziranenge bw’ibyo bakora hagamijwe kubungabunga ubuzima bw’abaturage.

Urwego rw'imikino y'amahirwe rurimo kuzamuka neza

Urwego rw'imikino y'amahirwe rurimo kuzamuka neza

Abasesengura ibijyanye n’imikino y’amahirwe ku isi no mu Rwanda, bemeza ko iyi mikino itanga umusanzu ukomeye mu bukungu bw’ibihugu binyuze mu gutanga akazi kuri benshi n’imisoro abashoye muri uru rwego batanga mu isanduku ya leta.

Hirya no hino mu gihugu ahakinirwa imikino y’amahirwe hagenda hiyongera umunsi ku wundi ndetse n’abayikina ariko biyongera.

Abashoye imari muriyi mikino y’amahirwe bemeza ko baha benshi akazi ndetse bakanasora amafaranga menshi mu isanduku ya leta ndetse no gufasha benshi guhindura imibereho yabo.

Ingabo z' u Rwanda zabeshyuje igisirikare cya Congo FARDC

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwamaganye ibirego byasohowe n’ingabo za Congo FARDC zishinja Ingabo z’u Rwanda ko zagabye igitero muri Kivu y’Amajyaruguru.Ni mu itangazo ryashyizwe ahagaragra kuri uyuwa Gatanu tariki ya 28 Nyakanga 2023.RDF ivuga ko ibi birego ari ibinyoma kandi nta shingiro bifite ahubwo biri mu mugambi wa Leta ya Congo wo kuyobya uburari ku bibazo ifite birimo kunanirwa gukemura ibibazo by’imbere mu gihugu no kubungabunga amahoro n’umutekano ku mipaka yabo, mu gihe inakomeje gushyigikira no guha intwaro umutwe w’terabwoba wa FDLR ugizwe na bamwe basize bakoze Jenoside mu Rwanda.

Photoshop Concept Art Tutorials | Photo Manipulation

Crafting new images with photo manipulation in Photoshop.

Explore photo manipulation, an art as old as photography itself. Learn how to create fascinating images with photo retouching, photomontage, image editing, and other photo manipulation techniques. 

Altering, retouching, and making new art with photos.

Photo manipulation didn’t begin with the invention of photo editing software. Photographers, editors, and retouchers have been cutting up, combining, and creating new work out of existing assets for over a century. Photo manipulation can be used for everything from surrealistic photomontages to the creation of alien worlds on the covers of sci-fi novels. “I’d call it a medium by itself,” says photographer Eduardo Valdes-Hevia. “It sits somewhere between photography, painting, and more traditional arts.” 

THE ABILITY TO REMEBER EVERYTHING YOU SAW

Wilma Bainbridge, a cognitive neuroscientist at the University of Chicago, recently showed me eight images and asked me to guess: Which ones will I remember? For each pair, she hinted, one image would be more likely to stick in my mind.

It seemed like a trick question. None of the images seemed particularly striking. These were the kinds of mundane photos we may come across every day — two men, two women, a dining room and an empty cubicle in an office, two tropical beaches.

Abatanga serivise mu nzu zita ku bwiza bw’abagore batangiye gufunga imiryango

Muri afganistan abatanga serivise mu nzu zita ku bwiza bw’abagore batangiye gufunga imiryango bashyira mu bikorwa itegeko ry’abatalibani. Baavuga ko ari uburyo bwo gukomeza gusubiza inyuma umukobwa bagasaba amahanga kugira icyo yabikoraho.

Kuva kuri uyu wa kabiri abafite ibikorwa byatangaga serivise mu nzu zita ku bwiza bw’abagore batangiye kubika ibikoresho abandi bafunga imiryango. Ni nyuma y’icyemezo  cyafashwe numutwe w’abataliban bayoboye icyo gihugu bategeka ko izo nzu zifungwa burundu.

Ni icyemezo cyakiriwe nabi n’abatangaga izo serivise biganjemo abagore bavuga ko ari umugambi w’abatalibani wo gukomeza gukandamiza abagore ndetse baabsubiza inyuma.