
Dore Ibimenyetso n'Imyitwarire yawe Ugendeye ku Buryo Uryama
Wari uziko Uburyo uryama bigaragaza imyitwarire yawe n’uwo uri we?
Abantu bakunze kuryama mu buryo bune butandukanye, hari imyitwarire imwe n’imwe benshi bahuriyeho ndetse byagaragajwe n’abashakashatsi.
1. Kuryama Ugaramye/Kuryamira Umugongo
Abantu bakunze kuryama muri ubu buryo bakunda kugendera kuri gahunda, bakagira kuri cyane kandi bakigirira icyizere. Usanga abenshi bakunda kwigaragaza iyo bari mu bandi.
2. Kuryama Wanditse Kane/Kuryama nk’uruhinja
Abaryama banditse kane, cyangwa bihinnye nk’uruhinja; bakunze kugira isoni, no kutisanga mu bandi. Bakunze kugira impungenge ku buzima bwabo ariko bakagaragara mu bikorwa by’ubuhanzi kuko ariho batangira ibitekerezo byabo.







Ibirori byo kwizihiza imyaka 30 ishize u Rwanda Rwibohoye[/caption]
Ibirori byabereye muri Stade Amahoro ivuguruye[/caption]
Umugore atiriwe anabitekerezaho yumva ko umugabo ubasha kubona igice kinejeje mu buzima azaba mwiza ku buzima bwe no kubaho igihe kirekire, bityo akirinda abagabo batanezerewe cyangwa bamwe barakaye. Abagabo na bo bumva imbaraga ziri mu gusetsa, niyo mpamvu bahora bahanganye na bagenzi babo mu kuzana udukuru dusekeje. Bazi neza ko umusore usetsa abandi cyane ari wegukana imitima ya benshi muri ako kanya Kandi ko guseka bikurura igitsina gore.
