
IGISIRIKARE CYAFASHE UBUTEGETSI MURI NIGER CYAHAMAGAJE AMBASADERI WAYO MURI CÔTE D'IVOIRE
Muri niger umwuka ukomeje kuva mubi hagati yicyo gihugu nabaturanyi bo muri afurika yuburengerazuba.
Ubu General Tchiani wihaye ubutegetsi yahamagaje uwari uhagarariye niger muri Cote d’ivoir nyuma yamagamo yatangajwe na perezida Alassane Ouattara.
Mu cyumweru gishize ubwo abakuriye ibihugu byo mu muryango wa ecowas bahuriraga I Abuja bemeranije gushyiraho ingabo zajya gusubiza ibintu ku buryo isaha iyo ariyo yose . nyuma yahoo perezida ouatara yavuze ko igihugu cye cyiteguye gutanga batayo yabasirikare bazajya kurwana muri niger mu gihe abafashe ubutegetsi ntacyo baba bakoze.









