Zimbabwe : Umuvugabutumwa Nelson Chamisa yanze kwemera ko yatsinzwe

Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa zimbabwe, Nelson Chamisa, yatangaje ko ariwe watsinze amatora yo muri iki gihugu nyuma yo kutemera ibyangajwe na komisiyo y’amatora ya zimbabwe ko perezida emmerson mnangagwa yatsindiye manda ya kabiri ku butegetsi.
Mu kiganiro n’itangazamakuru, Chamisa yavuze ko Muri Zimbabwe Hagiye kuba impinduka, Ndetse ko Batazategereza imyaka itanu
[caption id=“attachment_866” align=“alignnone” width=“300”]
Nelson Chamisa umukandida perezida - Zimbabwe[/caption]
Chamisa yavuze ko Atemera Ibyavuye mu matora Kuko Ngo Nuburyo yakozwemo Bigaragaza ko Yabayemo Uburganya
Imibare yatangajwe na komisiyo y’amatora ya zimbabwe yatangajwe kuri iki cyumweru igaragaza ko nelson chamisa w’imyaka 45 uyobora ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi yatowe kugiteranyo cy’ amajwi 44%, mu gihe ishyaka rya zanu-pf riyobowe na emmerson mnangagwa ryatsinze kugiteranyo cy’amajwi 69%.
Nelson Chamisa ntaragaragaza ibimenyetso by’ibyo arega ishyaka rya ZANU-PF Ryatangajwe N’Iryatsinze Amatora, icyakora afite icyumweru cyo kujyana ikirego cye mu rukiko.
[caption id=“attachment_867” align=“alignnone” width=“300”]
Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe[/caption]